News

Radio Rwanda is a public Radio channel owned by Rwanda Broadcasting Agency and broadcasting in Kinyarwanda, French, English and Kiswahili. It has branches countrywide known as Comunity Radios such as ...
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Amb. Olivier Nduhungirehe, yavuze ko ayo masezerano azashingira ahanini ku ...
Kuri uyu wa Gatanu, u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo basinye amasezerano y’amahoro yateguwe na Leta Zunze ...
Perezida Kagame yavuze ko ikibazo cya M23 cyoroshye gukemuka ariko bikigoranye mu gihe hari bamwe mu bayobozi ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo basa n’abashaka kwigaragaza gusa mu mafoto aho ...
Urwego rw'Ubugenzacyaha, RIB rwerekanye abantu 9 barimo abagabo 7 n'abakobwa 2 bakekwaho icyaha cy'ubujura bw'ikibanza hakoreshejwe uburiganya, amafaranga ndetse na telephone bahindurira imibare ...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibarurishamibare (NISR) cyavuze ko mu ntangiriro z’ukwezi gutaha kwa 10 kizashyira ahagaragara ibyavuye mu bushakashatsi bwa 6 ku buzima n’imibereho y’abaturage, DHS 2020.
Umuryango w'Abibumbye washimye u Rwanda uburyo rwakiriye rukanafasha abakozi bawo bakoreraga mu Mujyi wa Goma muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, baje barugana bahunga imirwano ...
Perezida Kagame yavuze ko n’ubwo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo hakomeje intambara hagati ya M23 n’Ingabo za Leta zifatanya n’imitwe nka FDLR, Wazalendo n’indi, hari ...
Abanye-Congo bari barahunze intambara imaze iminsi ihuza M23 n'Ingabo za DRC, FARDC, Umutwe w'Iterabwoba wa FDLR na Wazalendo, batangiye gusubira mu gihugu cyabo. Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 29 ...
Mu Karere ka Huye hari abagabo bahohoterwa n’abagore babo bakabihisha kubera impamvu zitandukanye zirimo no kwirinda gusekwa n’abaturanyi. Abagabo baganiriye na RBA bagaragaje ko iryo hohoterwa ...
Abakinnyi babiri b’Ikipe y’Igihugu ya Basketball y’Abangavu batarengeje imyaka 18, Nibishaka Brigitte na Cyuzuzo Rebecca, berekeje mu Ikipe y’Abato ya Tango Bourges Basket ikina mu Cyiciro cya Mbere ...
Minisiteri y’Uburezi yatangije gahunda y’uburyo bw’isuzumabumenyi mpuzamahanga ku banyeshuri bafite imyaka 15 muri gahunda yitwa PISA (Programme for international student assessment) 2025. Ibi ngo ...