News
Radio Rwanda is a public Radio channel owned by Rwanda Broadcasting Agency and broadcasting in Kinyarwanda, French, English and Kiswahili. It has branches countrywide known as Comunity Radios such as ...
Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga w’u Rwanda Amb. Olivier Nduhungirehe, yavuze ko ayo masezerano azashingira ahanini ku ...
Kuri uyu wa Gatanu, u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo basinye amasezerano y’amahoro yateguwe na Leta Zunze ...
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Rubavu by'umwihariko abo mu bice by’icyaro beretse Abasenateri ko bigoye kubona ibicanwa bitangiza ibidukikije kuko ubushobozi bwabo butabemerera kubyigondera. Aba ...
U Rwanda rwitabiriye Imurikagurisha Mpuzamahanga ry'Ubukungu n'Ubucuruzi rihuza Afurika n'u Bushinwa, riri kubera mu Mujyi wa Shangsha [Shangsha International Exhibition Center], mu Ntara ya Hunan.
Abahanzi barimo Kendrick Lamar, Chris Brown, SZA, Ayra Starr, bari mu begukanye ibihembo muri ‘BET Awards 2025’ mu gihe Snoop Dogg yagaragaye mu bahawe igihembo cyihariye. Mu ijoro ryo ku wa Mbere, ...
Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda, CG Felix Namuhoranye, yashimiye abayobozi bakuru b’inzego z’umutekano bitabiriye umuhango wo gusoza amasomo ya ba Ofisiye bakuru bamaze umwaka biga mu Ishuri ...
Mu myaka itanu ishize, Urwego rw'Igihugu rw'Ubugenzacyaha, RIB, rwashyikirije Ubushinjacyaha dosiye 148 z'abakurikiranyweho ubwambuzi bushukana by'umwihariko ubushingiye ku bantu bizeza abandi ko ...
Abahinzi b’imboga n’imbuto barenga ibihumbi 30 barishimira kuba basigaye bahinga bizeye isoko, ibi kandi bikaba byarazamuye imibereho myiza yabo. Babitangaje ubwo Umuryango TearFund wabafashije, ...
Umuryango FPR Inkotanyi wasinyanye amasezerano n’Ishyaka Communist Party of China, agamije kongera imbaraga mu mikoranire nyuma y’imyaka ikabakaba 20 impande zombi zifitanye umubano mwiza. Aya ...
U Rwanda rwageze ku ntego yarwo ko nibura abana b’Abanyarwanda 45% bajya banyura mu cyiciro cy’amashuri y’incuke mbere yo gutangira abanza. Ni mu gihe intego ari ukuzamura iyo mibare ikagera muri 65% ...
Inzobere mu rwego rw’ubuzima zigaragaza ko ubufatanye bw’inzego ari ryo zingiro mu gukuraho icyuho kigaragara mu bushakashatsi mu by'imiti n’inkingo ku mugabane wa Afurika. Ibi izi nzobere zabitangaje ...
Some results have been hidden because they may be inaccessible to you
Show inaccessible results